News
Ku mugoroba wo ku wa Kane, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa 4 mu Itsinda "Nile Conference, ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
For the first time, Rwanda is hosting the Basketball Africa League (BAL) group stage games, with the Nile Conference taking place at BK Arena in Kigali from May 17 to May 25, 2025. This marks a ...
Ministiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yasabye Abanyarwanda kurwanya ikintu cyose cyabangamira ubumwe bwabo, ahubwo bakarwanya abakibiba ingengabitekerezo ya Jenoside ndetse n’abapfobya Jenoside ...
Abayobozi b'ibigo by'amashuri ya Leta yo mu Karere ka Gasabo, barasaba inzego zibishinzwe kwishyura ibirarane by'amafaranga leta ibaha yo gukemura ibibazo bya buri munsi by'ubuzima bw'ishuri, kuko ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi ba Afurika ko uyu Mugabane ufite ibikenewe byose byawufasha kugera ku iterambere wifuza, utarinze gutegereza inkunga ziva hanze yawo. Ibi yabigarutseho mu Nama y ...
Aborozi bo mu Karere ka Gatsibo bavuze ko kwegerezwa amasoko y’amatungo cyane cyane ay’inka azwi nk’ibikomera, byabafashije kubona aho bagurishiriza amatungo yabo badahenzwe n’abitwa abatenezi cyangwa ...
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimangiye ko u Rwanda ruzi neza akamaro ko gukorana kw’ibihugu kugira ngo bigere ku ntego yo guhuza Umugabane wa Afurika. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa ...
Abari abakozi ba Perefegitura ya Byumba barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bavuze ko bakibangamiwe n’icyo bise “indwara ya ceceka” ikiri muri bamwe mu bantu badashaka gutanga amakuru ku bandi bakozi ...
Perezida Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa, yahuye na mugenzi we, Emmanuel Marcon, aho baganiriye ku bibazo byerekeye Isi ndetse n’imikoranire itanga umusaruro hagati y’Ibihugu byombi. Ibiro ...
Abakirisitu Gatorika bo mu Rwanda bavuga ko kuba guhera tariki ya 7 z’ uku kwezi kwa Gicurasi, aba Cardinal bazinjira mu mwiherero wo gutora Papa mushya, ari inkuru nziza kuri bo kuko bafite amatsiko ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komite Mpuzamahanga y'Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, ku Isi, Mirjana Spoljaric Egger ndetse n'umuyobozi w'uyu muryango muri ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results