News

Ku mugoroba wo ku wa Kane, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa 4 mu Itsinda "Nile Conference, ...
Abayobozi b'ibigo by'amashuri ya Leta yo mu Karere ka Gasabo, barasaba inzego zibishinzwe kwishyura ibirarane by'amafaranga leta ibaha yo gukemura ibibazo bya buri munsi by'ubuzima bw'ishuri, kuko ...
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimangiye ko u Rwanda ruzi neza akamaro ko gukorana kw’ibihugu kugira ngo bigere ku ntego yo guhuza Umugabane wa Afurika. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi ba Afurika ko uyu Mugabane ufite ibikenewe byose byawufasha kugera ku iterambere wifuza, utarinze gutegereza inkunga ziva hanze yawo. Ibi yabigarutseho mu Nama y ...
Ikigo BK Group Plc kigiye gushyiraho Ikigega cy'Ishoramari kizajya gishora imari mu bikorwa cyangwa amasosiyete aciriritse akeneye inguzanyo. Byagarutsweho ubwo BK Group Plc yamurikiraga ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
U Rwanda rwinjiye mu masezerano y’imikoranire na Atletico Madrid, Ikipe y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Espagne. Kuri uyu wa Gatatu, ni bwo Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere, RDB, ...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ku mbuga nkoranyambaga. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, ubwo ...
Abadepite bagize komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Ku rwanya Jenoside basabye Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura, RMC, gukemura ikibazo cya bamwe mu banyamakuru batangaza ...
Perezida Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa, yahuye na mugenzi we, Emmanuel Marcon, aho baganiriye ku bibazo byerekeye Isi ndetse n’imikoranire itanga umusaruro hagati y’Ibihugu byombi. Ibiro ...
Umuryango Heifer International Rwanda binyuze mu irushanwa ‘AYuTE Africa Challenge’ rya 2025, wahembye miliyoni 50 Frw, ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bafite imishinga myiza y’ikoranabuhanga mu ...